Muri iyi ndirimbo ye ya gatatu, Hertier aririmba amagambo agaragaza ko Imana ari urutare rumukingira kandi ibyo ikora byose ari…
Bosco Nshuti aritegura gutaramira i Rukara ku wa 15 Werurwe 2025. Nyuma y’icyumweru kimwe, ni ukuvuga tariki ya 22-23 Werurwe…
Iyi ndirimbo yibanze ku magambo aboneka muri Matayo 8:8: 'Umutware w'abasirikare aramusubiza ati “Mwami, ntibinkwiriye yuko winjira mu nzu yanjye,…
Ubuzima burimo Yesu buroroha, ubupfubyi burimo Yesu buroroha, ubusore burimo Yesu buroroha, Urubanza rurimo Yesu Ruroroha
Urubyiruko rwari hagati y'imyaka 15 na 17 nirwo rwibarutse Korali Shalom, iri muri Korali zikomeye mu Rwanda
Nexus Adams yemeza ko nabo batanga ubutumwa bwiza bitryo ko badakwiye kureberwa mu isura yo kuva mu gakiza
Abamubona akenshi mu bitaramo akunda kwibutsa abantu ko u Burundi Ari igihugu cye ndetse akabasaba kugisengera
Indirimbo hari igihugu ni indirimbo nshya ya Korali UKUBOKO KW'IBURYO ikumbuza abantu ijuru
Ubutwari bwatangiye kugaragazwa kera ndetse bugaragazwa no muri Bibiriya ndetse yo igaragaza ko Imana ishyigikira ubutwari
Nadia Umurizabageni yakebuye urubyiruko yifashishije Igisigo yise Icupa
Sign in to your account