Korali Shalom, Korali Hoziana na Bosco Nshuti basezeranye gufasha abantu kwegerana n’Imana.

Mu kiganiro n’itangazamakuru, umuyobozi wa Korali Shalom, Jean Luc Rukundo, yemeje ko iki gitaramo kizaba ari umwanya udasanzwe wo kwegerana n’Imana binyuze mu kuramya no guhimbaza.

By didace

Social Networks

Ntawe uhejwe mu gusangira Pasika na Chryso NDASINGWA

By admin

Chryso nyuma y'uko akoze igitaramo akuzuza BK Arena yongeye gutegura igitaramo gikomeye kizaba kuwa 20 Mata 2025

Joyous celebration yageze mu Rwanda igaragaza akamwenyu

By admin

Indege yazanye Joyous celebration yahuye n'ikirere kibi cyari cyuzuye ibihu byinshi bituma ihindura ijya kugwa I Bugande

Murwanashyaka Yateguye Igitaramo aho abantu 297 bazahabwa ubufasha

By admin

Igitaramo cya Murwanashyaka cyiswe Baho kizasiga abantu 297 bahawe ubufasha

Korali Shiloh yateguje ibidasanzwe mu gitaramo cyo kumurika umuzingo wabo bise Ntukazime

By admin

Album yambere ya Korali Shiloh igiye gushyirwa hanze yitwa Ntukazime

ADEPR igiye kwimukira mu karere ka Rubavu Igihe gito

By admin

Ibiro by'itorero ADEPR mu Rwanda bigiye kuba byimuriwe mu karere ka Rubavu kubera igiterane ngaruka mwaka cyiswe Bethlehem Evangelical Week

Amatike yo kwinjira mu gitaramo cya Joyous celebration I Kigali yageze hanze

By admin

Joyous celebration ikomoka muri Africa Y'epfo itegerejwe I Kigali kuwa 26 Ukuboza 2024, aho ifite igitaramo muri BK Arena, ikazataramana…