Mu kiganiro n’itangazamakuru, umuyobozi wa Korali Shalom, Jean Luc Rukundo, yemeje ko iki gitaramo kizaba ari umwanya udasanzwe wo kwegerana n’Imana binyuze mu kuramya no guhimbaza.
Chryso nyuma y'uko akoze igitaramo akuzuza BK Arena yongeye gutegura igitaramo gikomeye kizaba kuwa 20 Mata 2025
Indege yazanye Joyous celebration yahuye n'ikirere kibi cyari cyuzuye ibihu byinshi bituma ihindura ijya kugwa I Bugande
Igitaramo cya Murwanashyaka cyiswe Baho kizasiga abantu 297 bahawe ubufasha
Album yambere ya Korali Shiloh igiye gushyirwa hanze yitwa Ntukazime
Ibiro by'itorero ADEPR mu Rwanda bigiye kuba byimuriwe mu karere ka Rubavu kubera igiterane ngaruka mwaka cyiswe Bethlehem Evangelical Week
Joyous celebration ikomoka muri Africa Y'epfo itegerejwe I Kigali kuwa 26 Ukuboza 2024, aho ifite igitaramo muri BK Arena, ikazataramana…
Sign in to your account