Savant Ngira yasohoye indirimbo nshya “Nta Yindi Mana” asaba n’abahanzi kudashyira imbere ubwamamare bwabo

Umuhanzi Savant Ngira, yagiye akora ku mitima ya benshi mu ndirimbo yagiye agaragaramo. Urugero ni indirimbo Nzamutegereza ya True Promise, yakunzwe bikomeye kugeza n’aho yarebwe n’abasaga miliyoni imwe mu gihe…

By didace

Social Networks

UBIBUKE: Indirimbo nshya ya Rehema ihamagarira Imana kwibuka abatakambira abandi

By didace

Rehema Antoinette ni umunyarwandakazi utuye muri Canada. Yasohoye indirimbo yise UBIBUKE 

Korali Hyssop igiye kuvura imitima mu gitaramo cy’ivugabutumwa

By didace

Korali Hyssop, imwe mu makorali akunzwe cyane mu Rwanda kubera ubutumwa bw'ihariye itanga mu ndirimbo, yatangaje ko ku bufatanye na…

Korali Blessing Key yo muri Kaminuza ya Ines Ruhengeri igiye Kumurika Album Yabo bise Yampinduriye Ibihe banizihiza imyaka 15 Korali ibayeho

By didace

Umuhanzi Elie Bahati ukunzwe cyane Ari mu bazatarama mu gitaramo gikomeye cyateguwe na Blessing key yo muri Kaminuza ya Ines…

Bosco Nshuti yamaze impungenge z’Abanyarwanda ku rugendo rwe i Burayi

By didace

Mu kiganiro cyihariye na Sion.rw, umuhanzi Bosco Nshuti yemeje ko hari indirimbo yakoranye na Aime Uwimana izasohoka kuri Album ye…

Kuwa Gatatu Bosco Nshuti azerekeza Iburayi aho azataramira mu bihugu bitandukanye

By didace

Umuhanzi w’umuramyi ukunzwe cyane mu Rwanda no mu mahanga, Bosco Nshuti, afite urugendo rw’ivugabutumwa binyuze mu bitaramo bizenguruka umugabane w’i…

Yiyumvise nk’uwongeye kuvuka ubwo yibonaga kuri affiche imwe na Pastor Barore

By didace

Uyu muhanzi, wabaye umunyamuryango wa Korali Gilgal kuva mu mwaka wa 2009 kugeza 2012, akanayibera umutoza mu gihe cy’imyaka itatu,…

“Bugufi Bwawe” Indirimbo nshya ya Byiringiro Philemon isaba guhishurirwa Yesu bushya

By didace

Umuhanzi uririmba indirimbo zo guhimbaza Imana mu Rwanda, Byiringiro Philemon, yashyize hanze indirimbo ye nshya yise Bugufi Bwawe, ikoze mu…

Chryso na Theo Bosebabireba ni bo bayoboye urutonde rw’abahanzi batanu bahize abandi muri Mata 2025

By didace

Nk’uko bisanzwe, buri kwezi nka Sion dukora urutonde rw’abahanzi baba barahize abandi. Uru rutonde rushingira ku bikorwa abahanzi baba barakoze,…

Indirimbo zasohotse mu kwezi dusoje kwa Mata zagufasha kwegerana n’Imana

By didace

Muri uku kwezi kwa Mata 2025, abahanzi, amakorali n'amatsinda atandukanye, basohoye indirimbo zitandukanye, ndetse zafashije imitima y’abantu batari bake. Muri…