Muhanzi Kwitonda Valentin yavuze ko indirimbo ye nshya "Ndamukunda" yavuye mu bihe byiza byo gusenga
“Banze Agikiza”, ni indirimbo ya Hyssop imaze iminsi ivugisha benshi mu bakunzi b’indirimbo za Gospel kubera ubutumwa bukomeye burimo bubuza…
Umuhanzikazi nyarwanda uba muri Canada, Antoinette Rehema, agiye gushyira hanze ndirimbo ye nshya yise “Ibindibitwenge”.
Korari Shiloh yatumye abantu bacika ururondogoro ubwo mu ndirimbo humvikanagamo izina rya Chris Eazy
Pastor Semajeri Gaspard ni we mubwirizabutumwa mu giterane Theo Bosebabireba azataramiramo i Burera ku italiki 25/10/2025 guhera saa Saba z'amanywa
Nyuma y'gitaramo korari Shiloh igiye gukorera I Kigali, izahita yerekeza Gisenyi mu karere ka Rubavu mu gitaramo cya Korari Alliance,…
Igitaramo cya Shiloh biteganyijwe ko kizasiga umubare munini w’abantu bakiriye Yesu nk’Umwami n’Umukiza w’ubugingo bwabo. Ndetse, abanyeshuri 13 bishyurirwe ishuri…
Divine Muntu amazina ye bwite ni Divine Nyinawumuntu. Yatangiye umuziki mu mwaka wa 2023 ubwo yigaga mu mwaka wa kane…
Igitaramo The Spirit Of Revival cyatangiye gukorwa mu 2018, aho kugeza ubu kimaze kuba inshuro 6. Uyu mwaka wa 2025…
Naioth ni korari yatangiye uyu murimo mu mwaka wa 2001 itangirana n’abaririmbyi 13 gusa, Kandi bose bari abanyeshuri. Kuva icyo…
Mu giterane kimwe cyakozwe na Korali Nebo Mountain cyavuyemo ubufasha bwahawe abantu 770 bongera kugira ubuzima bwiza, hatirengagijwe abafashijwe kongera…
Sign in to your account