Joyous celebration ikomoka muri Africa Y’epfo itegerejwe I Kigali kuwa 26 Ukuboza 2024, aho ifite igitaramo muri BK Arena, ikazataramana na Alarm ministries na Gentil MISIGARO, kizaba kuwa 29 Ukuboza 2024.
Nyuma y’uko amakuru yo kuza mu Rwanda amenyekanye, hahise hibazwa ibiciro byo kuzitabira iki gitaramo, ariko uyumunsi byamaze kugera ku isoko aho ubu ushobora kugura tike yawe, dore ko zatangiye kugurwa kukigero cyo hejuru.
Regular 7,000Frw
Bronze 15,000frw
Gold 25,000frw
Silver 30,000frw
Platinum 40,000frw
VVIP 50,000frw
Ushobora nawe guhita ugura itike yawe unyuze kuri www.TiCQet.rw