Muhanzi Kwitonda Valentin yavuze ko indirimbo ye nshya "Ndamukunda" yavuye mu bihe byiza…

Korali Hoziana yo muri ADEPR Nyarugenge, yateguye igitaramo cy’iminsi itatu cyiswe ‘Hoziana Gospel Celebration – Tugumane 2024’, kigiye kuba ku nshuro ya kabiri, gikurikira…
Icyumweru kirashize Justin Welby wari Umuyobozi w’Itorero Angilikani mu Bwongereza yeguye. Welby yeguye nyuma ya raporo idasanzwe, yagaragaje ko yahishiriye ibirego byo gusambanya abana…
Ababonekerwa bose si ko Kiliziya ibemera, hari bigenderwaho kuko bikorerwa ubugenzuzi bwitondewe. Kurikira ikiganiro Na Mgr HAKIZIMANA Celestin wa Diyoseze ya Gikongoro; https://www.youtube.com/watch?v=VbDOoXaeSTA
Amakuru ISANGE.rw yatahuye ni uko kuri ubu hari itegeko cyangwa se ibwiriza ry'ikubagahu ryatanzwe n'Umuvugizi wa ADEPR Past. NDAYIZEYE Isaie yahaye abashumba b'amatorero mu…
Past.Mpyisi wo mu Itorero ry'abadivantisiti b'umunsi wa 7 arasobanura ko atumva neza ibya Panetensiya ndetse n'uburyo abazungu baje batwita amazina y'abapfuye yise ABAZUMU! Kurikira…
Umunyarwanda yaciye umugani ati "Burya koko ngo nta gahora gahanze!" U Rwanda ni kimwe mu bihugu bya Africa byaranzwe n'Umuco mwiza wo GUSHIMA IMANA…
Igice kinini cy‘Ubuzima bwa Yesu/Yezu buzwi tubusanga muri Bibiliya. Uhereye mu byo abahanuzi bagiye bahanura, kugera ku buzima yabayeho we ubwe, kuva abyarwa na…
Muhanzi Kwitonda Valentin yavuze ko indirimbo ye nshya "Ndamukunda" yavuye mu bihe byiza byo gusenga
Ibikorwa by'itorero ADEPR mu Rwanda bihindura ubuzima bw'abaturage byiyongera umunsi ku munsi
Chryso nyuma y'uko akoze igitaramo akuzuza BK Arena yongeye gutegura igitaramo gikomeye kizaba kuwa 20 Mata 2025
Joyous celebration ikomoka muri Africa Y'epfo itegerejwe I Kigali kuwa 26 Ukuboza 2024, aho ifite igitaramo muri BK Arena, ikazataramana na Alarm ministries na…

Mu nkuru yacu turibanda ku ruhare rwa Apostle Mignonne Kabera mu imibereho myiza y'Abanyarwanda, hashingiwe ku bikorwa bye n'ibyo abantu…
Korali Shiloh ni korali y'urubyiruko ibarizwa mu itorero ADEPR, ururembo rwa Muhoza mu karere ka Musanze. Ni korali yavutse mu…
Alicia ubarizwa mu Itsinda rya Alicia na Germaine yemeza ko guhuza kwiga ubuganga no kubaga bihura no kuvura abantu imitima
Israel Mbonyi ni umuhanzi wazanye impinduramatwara mu muziki wa Gospel ndetse yatangije byinshi mu muziki wa Gospel byatumye kugeza ubu…
Iyi ndirimbo ni yo ya mbere isohotse mu ndirimbo ziri kuri album yabo nshya yitwa “Mwuka Wera Ndawushaka”, igizwe n’indirimbo…
Uyu muhanzi ukomoka mu karere ka Rubavu mu Burengerazuba bw’u Rwanda, yari amaze iminsi micye avuye mu bikorwa by’ivugabutumwa muri…
Sign in to your account