Mu nkuru yacu turibanda ku ruhare rwa Apostle Mignonne Kabera mu imibereho myiza…
Muri bibiriya harimo amasomo menshi agaruka ku intambara ya Hermagidoni intambara izarimbura isi
Nyakubahwa Hon.BAMPORIKI Edouard, Njyewe Intumwa Pawulo itari iyo muri Bibiliya, Nkwandikiye iyi baruwa ngufi nkubaza uburyo uzahuza UMUCO Nyarwanda n'ibibera mu madini n'amatorero mu…
Korali Hoziana yo muri ADEPR Nyarugenge, yateguye igitaramo cy’iminsi itatu cyiswe ‘Hoziana Gospel Celebration – Tugumane 2024’, kigiye kuba ku nshuro ya kabiri, gikurikira…
Icyumweru kirashize Justin Welby wari Umuyobozi w’Itorero Angilikani mu Bwongereza yeguye. Welby yeguye nyuma ya raporo idasanzwe, yagaragaje ko yahishiriye ibirego byo gusambanya abana…
Umunyarwanda yaciye umugani ati "Burya koko ngo nta gahora gahanze!" U Rwanda ni kimwe mu bihugu bya Africa byaranzwe n'Umuco mwiza wo GUSHIMA IMANA…
Amakuru ISANGE.rw yatahuye ni uko kuri ubu hari itegeko cyangwa se ibwiriza ry'ikubagahu ryatanzwe n'Umuvugizi wa ADEPR Past. NDAYIZEYE Isaie yahaye abashumba b'amatorero mu…
Past.Mpyisi wo mu Itorero ry'abadivantisiti b'umunsi wa 7 arasobanura ko atumva neza ibya Panetensiya ndetse n'uburyo abazungu baje batwita amazina y'abapfuye yise ABAZUMU! Kurikira…
Kuri uyu wa gatandatu tariki ya 16/04/2022 kuri ADEPR REMERA ubwo habaga igitaramo cyo kwizihiza Pasika cyateguwe na Korali AMAHORO, habareye igikorwa benshi mu…
Mu nkuru yacu turibanda ku ruhare rwa Apostle Mignonne Kabera mu imibereho myiza y'Abanyarwanda, hashingiwe ku bikorwa bye n'ibyo abantu bamuvugaho
Amateka ya Farawo wahanganye n'Imana ya Israel bigahitana ubuzima bwa benshi
Indege yazanye Joyous celebration yahuye n'ikirere kibi cyari cyuzuye ibihu byinshi bituma ihindura ijya kugwa I Bugande
Umuhanzi Elie Bahati ukunzwe cyane Ari mu bazatarama mu gitaramo gikomeye cyateguwe na Blessing key yo muri Kaminuza ya Ines…
Mu kiganiro cyihariye na Sion.rw, umuhanzi Bosco Nshuti yemeje ko hari indirimbo yakoranye na Aime Uwimana izasohoka kuri Album ye…
Umuhanzi w’umuramyi ukunzwe cyane mu Rwanda no mu mahanga, Bosco Nshuti, afite urugendo rw’ivugabutumwa binyuze mu bitaramo bizenguruka umugabane w’i…
Alex Dusabe yahishuye ko agiye gushyira hanze album nshya igizwe n’indirimbo 15, ndetse no gutegura ibitaramo byinshi mu kwezi kwa…
Uyu muhanzi, wabaye umunyamuryango wa Korali Gilgal kuva mu mwaka wa 2009 kugeza 2012, akanayibera umutoza mu gihe cy’imyaka itatu,…
Umuhanzi uririmba indirimbo zo guhimbaza Imana mu Rwanda, Byiringiro Philemon, yashyize hanze indirimbo ye nshya yise Bugufi Bwawe, ikoze mu…
Sign in to your account